in

“wibeshye ugatereta muri kiriya gihugu waba ushaka urupfu” wa musore wavuye muri Oman atuganirije ubuzima bwaho 

“wibeshye ugatereta muri kiriya gihugu waba ushaka urupfu” wa musore wavuye muri Oman atuganirije ubuzima bwaho

Jackson ni umusore w’umunyarwanda utuye muri Oman akaba arinaho akorera ibikorwa bye by’ubuhanzi.

Ubwo yari ari mu kiganiro na the choice live, yaganije abantu uburyo ubuzima bwo muri biriya bihugu byabarabu bumeze.

Yavuze ko abakobwa n’abahungu batemerewe kwegerana mu buzima busanzwe, no gutereta ntibyemewe habe nagato.

Gutereta umukobwa waho uri umunyamahanga ni icyaha gikomeye cyane kuburyo bababonye banakwica.

Ngo umukobwa waho avugisha umusore iyo hari serivise amukeneyeho gusa, ubwo iyo irangiye bagomba guhita batandukana kuko bababonanye bakwirenza.

Reba videwo…..

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu 5 wakora kugira ngo wirinde indwara zibasira ubwonko

Amafoto 8 y’indobanure: Irebere ubwiza bw’umugore wa Junior Giti