in

Wasanga utabizi: reba ibitangaje wamenya ku bantu bafite inyinya

Abahanga bagenda bagaragaza ibìntu bitandukanye benshi batazi.Hari abantu rero bagira inyinya ,cyangwa umwanya uza mu menyo y’imbere.Ibi rero hari icyo bisobanuye ku bantu bafite inyinya ndetse n’imyitwarire bagira.

Bivugwa ko abafite inyinya:

Bagira amagambo menshi

Abantu bafite inyinya bavugwaho kuvuga cyane byo gusabana na bagenzi babo. Ntabwo amagambo yo kubwira bagenzi babo abakamana.

Bakoresha neza amafaranga

Abantu bafite inyinya barizerwa cyane mu mikoreshereze y’amafaranga. Amafaranga babonye/bafite, babasha kuyabyaza umusaruro mwiza.

Bitwara neza mu kazi

Mu bijyanye n’akazi, abantu bafite inyinya bakunze kugira umuhamagaro, bakagakora neza, kagatanga umusaruro. Baba urugero muri bagenzi babo.

Ari abahanga

Bivugwa ko umuntu ufite inyinya arangwa n’ibikorwa byuje ubwenge ndetse n’udushya (creativity).

Bigirira icyizere kandi bakagira umwete

Mu kazi kabo, ntabwo bacika intege kuko baba bizeye ko bashoboye ndetse bagera ku ntego. Mu gihe bahuye n’inzitizi (challenges), bagerageza kubicamo bemye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyavuzwe n’abafana nyuma yo kubona mu gituza cy’umunyamakurukazi Isheja Sandrine (AMAFOTO)

Umukobwa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yashyize hanze amafoto arimo gusomana n’umugabo we