in

Wa mukobwa warize mu gitaramo cya The Ben yavuze icyamurijije kitari kumubona

Amafoto ndetse n’amashusho yagiye hanze ubwo The Ben yaririmbaga mu gitaramo cyabereye muri BK Arena umukobwa yararize arahogora.

Mu kiganiro yagiranye na thechoice live, uyu mukobwa yavuze byinshi ku byamuteue kurira kubera The Ben.

Yagize ati” Kuba nkunda The Ben ndamukunda kandi cyane ariko sinatekerezaga ko yabimenya muri buriya buryo kuko uretse kuba byangizeho ingaruka zitari nziza n’ababyeyi bange byabagezeho”.

Yavuze ko kuba yararize byaramugizeho ingaruka haba kuriwe ndetse no ku muryango we muri rusange kuko ari unu Islam kandi biriya yakoze bikaba bitemewe mu itorero ryabo.

Uyu mukobwa kandi yavuze ko yakunze The Ben kuva na kera na kare ndetse kugeza nubu aracyamukunda kandi azahora amukunda.

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yihaye gukina mu kiryabarezi amafaranga ya shebuja bimukoraho

Umuhanzi Igor Mabano ahaye ubutumwa bukomeye Vava dore imbogo