in

Va mu kigare n’amarangamutima ya gihuriga! UEFA imaze gusobanura ukuntu VAR itanze igitego cya Manchester City kandi umupira wari wabanje kurenga

Ishirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Buraya, UEFA ryemeye ikosa ko umupira Bernardo Silva yagaruye mu kibuga wari warenze ariko rinatanga ibisobanuro birambuye ko n’ubundi igitego kigomba kugumaho.

UEFA yemeye amakosa yabaye ku mupira warenze ariko umukino ukaza gukomeza batarenguye.

Nk’uko bitangazwa na EUROSPORT na ESPN, UEFA ivuga ko impamvu VAR atakoreshejwe  ari uko ubwo Silva yagaruraga umupira mu kibuga wahishe ufatwa n’ikipe ya Real Madrid ibintu byahise bifatwa nk’aho ugaruwe mu kibuga bundi bushya.

Kuba Real Madrid yari yongeye gufata umupira nyuma y’aho Bernardo awugaruye, byahise bifatwa nk’aho batangiye gukina bushya. Ibyo bivuze ko ibyabaye nyuma y’ibyo byose byateshejwe agaciro.

Iyo Silva akomeza kugumana umupira Real Madrid itari yawaka maze bagatsinda, igitego cyari kwangwa.

Ariko kuba REAL MADRID yabanje kuwubaka, ikawukoraho, ikawukina , biriya byose byabaye nyuma harimo n’igitego byateshejwe agaciro.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jya wiririmbira n’ubundi nta heza h’isi, Miss Iradukunda Elsa wa Prince Kid yagaragaye ari gusubiramo indirimbo mu buryo budasanzwe (VIDEWO)

“Ingingo imurengera ubu arayifite” Umufana wa Rayon Sports yabwije ukuri Haringingo – VIDEWO