in

“Uzajya umpa miliyoni ku kwezi yo kwiyitaho” Stella yavuze akaga abagabo basigaye bahura nako

Mu Isi hakomeje kuvugwa inkuru nyinshi cyane z’uburyo abagabo bashyirwaho igitutu n’abagore babo kugira ngo biyiteho ku rwego rwo hejuru ndetse ugasanga hari n’abagore barengera.

Mu kiganiro n’umunyamakuru akaba n’umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda Yago kuri YouTube channel yitwa Yago Tv Show uwitwa @kab_stella yatangaje ibyo yise ukuri ko murugo avuga uburyo umugabo udafite amafaranga udashobora ku mubaza uko ameze ngo agusubize ko ameze neza.

Stella yaje no gukomeza kugahinda gafitwe n’abagabo ubwo yatangazaga ko hari umugore wigeze kubwira umugabo we ko azajya amuha miliyoni ku kwezi yo kwiyitaho.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru nziza kuri Bahavu Jeanette umaze iminsi irenga 40 ari kwiruka inyuma y’imodoka yatsindiye mu bihembo bya RIMA

Dj Brianne azahagarikwa n’ande? Ibyo Dj Brianne yagezeho byerekanye ko afite igikundiro nta kabuza