Muri iyi minsi abantu bakunze kwiharaza gushakira imiterere itangaje mu bibuno by’ibikorano, gusa ariko uko bamwe babigerageza Niko bagenda baseba.
Nyuma y’uwasezeranye kigahengama, undi yacyambaye kitamukwira kimubaho nk’ingunguru baciye akayijyamo abantu bamuha urwamenyo.
Ese mwabakobwa Mwe Mubona ibi bintu mwishoyemo Byo kwambara amataye muzabishobola?😂💔
Kandi Muba muzingo ntitubimenya?
Mundebele Namwe 😭💔🙆🏾♂️ pic.twitter.com/4sPO5Mbb99
— Teacher 🎥 Eddie🇷🇼🇱🇷 (@MwarimuUshoboy) December 13, 2022