in

“Uyu mutoza ameze nka Padiri Papa Yohana wa 3” mu ijwi ryuzuye uburakari n’agahinda kenshi afande wa bafana ba Apr Fc yabwije ukuri umutoza

“Uyu mutoza ameze nka Padiri Papa Yohana wa 3” mu ijwi ryuzuye uburakari n’agahinda kenshi afande wa bafana ba Apr Fc yabwije ukuri umutoza.

Nyuma y’umukino ikipe ya Apr Fc yanganyijemo na Gaadidka Fc yo muri Somalia , abafana ba Apr Fc basanze abanyamahanga bifuzaga barutwa n’abanyarwanda bari bahasanzwe.

Ndetse benshi amakora bakomeje kuyashyira ku mutoza, bamubwiza ukuri ko atari kubaha ibyo bifuza. – Amashusho.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

CAF Confederation Cup! Amakipe azavamo imwe izahura na Rayon Sports yacakiranye maze Umwarabu ananirwa kwikura muri Kenya

Agira amagambo aryohereye gusa! Tiwa Savage yabwiye ijambo rikomeye abitabiriye igitaramo ribakora ku mutima