in

“Uyu mukinnyi ko umuteje abafana”: Anita Pendo yagaragaye ateruye umukinnyi witezweho byinshi mu Mavubi bituma abantu batangira kumushidikanyaho -AMAFOTO

“Uyu mukinnyi ko umuteje abafana” Anita Pendo yagaragaye ateruye umukinnyi witezweho byinshi mu Mavubi bituma abantu batangira kumushidikanyaho.

Umuvangamiziki ndetse akaba n’umunyamakurukazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Anita Pendo yagaragaye ateruye umuhungu we wifuza kuzaba umukinnyi w’itangaza ku Isi bituma abantu bamwibazaho.

Ifoto ya Anita Pendo yatumye abantu bayavuga ateruye umuhungu we:

Amafoto y’umuhungu wa Pendo wifuza kuzaba umukinnyi ukomeye:

Bimwe mu byo abantu bagiye bavuga nyuma yo kubona ifoto ya Anita Pendo ari kumwe n’abana be ubwo yari ateruye umukinnyi w’ejo hazaza mu Mavubi:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agiye kurya ayo yakoreye yitonze! Umukinnyi wanditse amateka akomeye cyane mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda ndetse na APR FC yamanitse inkweto

Mu butumwa bwatumye benshi bemeza ko yakoze amateka ikipe ikomeye hano mu Rwanda yahaye ubutumwa Migi watangiye ubundi buzima