in

Uwaroze amatsinda ntiyakarabye! Irindi tsinda rya muzika ryari rimaze gukomera cyane mu Rwanda, ryasenyutse (AMAFOTO)

Itsinda rya muzika ryari rimaze imyaka 5 rizwi cyane mu Rwanda ryamaze gusenyuka.

Itsinda rya Juda Muzik ryamaze gusenyuka nyuma y’uko Ishimwe Prince  wari uzwi nka Darest yasezeye muri iri tsinda.

Mu ibaruwa dufitiye kopi, Darest yasezeye muri Juda Muzik ku bw’impamvu zitasobanuwe.

Iri tsinda ryari rigizwe n’abasore babiri Mbaraga Alex [Junior] na Ishimwe Prince [Darest] wasezeye, kuri ubu Junior asigaye wenyine.

Aba batangiye umuziki nk’itsinda muri 2018 aho bahise biyita Juda Muzik.

Ishimwe Prince wari uzwi nka Darest yasezeye

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bahuriye muri Miss Rwanda 2022: Amashusho y’inkumi z’ibizungerezi zari zambariye Miss Kelly Ndahiro harimo na Kayumba Darina

Impenure ku karubanda: Wa mukobwa wamenyekanye mu gikombe cy’isi yagaragaye yambaye imyenda umugaragaza wese (AMAFOTO)