in

Uwahoze ari umukunzi w’umugeni yateje intambara ikomeye mu bukwe(video)

Umusore bivugwa ko yahoze akundana n’umukobwa wari wakoze ubukwe yateje intambara mu bukwe ubwo yazaga agatangira kunyanyagiza amafaranga ku batashye ubukwe ibyari ubukwe bikaba akavuyo.

Umugabo washatse umukobwa agerageza kubuza uwo musore wari abanyanyagizaho amafaranga ariko undi aranga , mu kwanga umugabo wari wakoze ubukwe yagize uburakari atangira guterana imigeri nuwo musore.

Abari hafi aho babonye ko ibintu bihinduye isura bahita bajya gukiza , abantu batandukanye ku mbuga nkoranyambaga za Nigeria ahabereye iri sanganya ,bashimangiye ko uwo musore bishoboka ijana ku ijana ko yahoze akundana n’umukobwa wari wakoze ubukwe.

https://www.instagram.com/reel/Cla-3W-gwTn/?utm_source=ig_embed&utm_campaign=loading

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gusezera kuri umwe muri ba bavandimwe 3 witwa Paul witabye Imana(videwo)

Mu mafoto: Jeanine wahoze mu rukundo na Cyusa yongeye kuzamura amarangamutima y’abatari bake