in

“Uru rukundo ubanza atari ngewe rwaremewe” Umuhanzikazi Ariel Wayz inkundo kuri we ni ibigeragezo

“Uru rukundo ubanza atari ngewe rwaremewe” Umuhanzikazi Ariel Wayz yavuze amagambo ashimangira ko iby’inkundo yabitaye inyuma.

Ariel Wayz abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yongeye kwikoma inkundo avuga ko ahari atariwe zaremewe.

Ibi yabivuze yifashishije amwe mu magambo ari mu ndirimbo harmonize yitwa ‘Single’

Mu nyandiko ye yagize ati:”Ahari uru rukundo ntabwo arinjye rwaremewe ubu nta mukunzi mfite.”

Aya magambo ya Ariel Wayz yashimangiye ko ubu nta muntu bari murukundo.

Ariel Wayz ni umuhanzikazi wakanyujijeho na Juno Kizigenza igihe kitari gito.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuvugo Utabariza Abahuye N’ibiza By’imvura

Ni beza cyane kandi bari hariye: Menya imico yihariye y’abantu bavutse mu kwezi kwa Gatanu (video)