in

Uru rubanza se mama azarutsinda?: Humble Jizzo yatangaje abagomba kumubera abatangabuhamya murubanza rwe

Uru rubanza se mama azarutsinda cyangwa azagarikwa? Umuhanzi Humble Jizzo yatangaje abantu bingenzi bagomba kuzamubera abatangabuhamya murubanza rwe.

Humble Jizzo wamenyekanye cyane ubwo yari mu itsinda rya Urban Boyz yatangaje ko afitanye urunza na microphone rugomba gusubukurwa abatangabuhamya ari Safi Madiba na Nizzo Muhammad bagomba kuzaba bari mwisomwa ry’urubanza.

Aya magambo agaragaza ko uyu mugabo umaze igihe atagaragara cyane mu muziki ashobora kuba agiye kugarukana imbaraga zidasanzwe.

Bimwe mu byo abantu bamusubije ubwo yatangazaga aya magambo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibisanzwe: Umukinnyi wa film hano mu Rwanda, yashyize amashusho hanze ari gufatanya n’imbwa kubara amafaranga – AMASHUSHO

Amashusho y’umugore utwite aryamanye n’undi mugabo bivugwa ko ari Pasiteri we, akomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye