in

Umwe mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda n’umugabo we bari mu byishimo byinshi

Edna Darlène witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu 2015 akaba yaranabaye Nyampinga wa Kaminuza y’u Rwanda, ishami ryigisha iby’ubucuruzi n’ubukungu, CBE yahoze yitwa SFB, n’umugabo we Christian Bari mu byishimo byinshi Aho baritegura kwibaruka imfura yabo.

Mu gihe uyu munsi aba bombi bizihiza umwaka babana nk’umugore n’umugabo, Darlene yafashe umwanya ashimira umugabo we Christian wamukunze urukundo rutagira umupaka, ashimira n’ Imana ya mumugabiye.

Mu butumwa Darlene yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati “26/11/2021
#novembertoremember imyaka 9
irashize dukundana numwaka 1 urashize tubana nkumugore numugabo, warakoze
kumbera inshuti nyanshuti, umuvandimwe
ndetse numugabo mwiza. christian wajye
warakoze kunkunda urukundo rutagira
umupaka kurwego ntajya ndambirwa
kukureba ngo nibaze koko niba uba kuri iy’Isi dutuye, ndashimira Imana yakungabiye ikaturinda muribyose tubiziranyeho ko twabonye imana Naragukunze mugabo
wajye, ndagukunda kandi nzanagukunda.
So let’s start this 2rd year of marriage
in style umuchou cause we are the
perfect match”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamagabe: Inzuzi n’imigezi bimaze guhitana abantu bagera kuri 6 kubera ubwinshi bw’imvura imaze iminsi igwa

Matchday live : Musanze fc vs Rayon sport fc