in ,

Umva ikintu cyateye amatsiko Selena Gomez kirimo gutuma iminsi imutindira ngo yizihize isabukuru ye

Umuhanzikazi Selena Gomez wamenyekanye cyane ku isi hose kubera indirimbo ze zitandukanye ndetse n’ibitaramo byinshi yagiye aririmbamo agashimisha abafan bigatuma yiyegurira imitima yabo cyane ku munsi wejo yatangaje ko hari ikintu afitiye amatsiko cyane ku isabukuru ye y’amavuko. Icyo kintu akaba yarakibwiwe n’umukunzi we, The Weeknd.

Related image
The Weeknd na Selena Gomez

Nkuko tubikesha Hollywoodlife, Selena Gomez yatangaje ko umukunzi we, The Weeknd, yamwemereye ko ku isabukuru ye y’amavuko azamujyana ahantu heza cyane muri ibi biruhuko barimo bombi, ibi bikaba birimo gutuma iminsi irimo gutindira Selena Gomez ngo uwo munsi ugere bivugwa ko habura ibyumweru bibiri gusa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere urutonde rw’abakinnyi nyarwanda bigaruriye imitima y’abakobwa benshi kurusha abandi

Cristiano Ronaldo yibasiwe bikomeye na Polisi yo mu gihugu cya Espagne(Impamvu)