in

Umuvandimwe wa Pogba yahishuye akayabo yishuye umupfumu kugirango atware igikombe cy’isi

Mu muryango w’umufaransa Paul Pogba bikomeje gufata indi ntera mu rwangano hagati ya bavandimwe Mathias Pogba na Paul Pogba.

Mukuru wa Paul Pogba akomeje kumwandagaza ku mbuga nkoranyambaga ndetse yavuze ko yishyuye arenga miliyoni 4 z’amayero umupfumu yiyambazaga.

Mathias Pogba yashinje Paul Pogba murumuna we, kuba yari amaze igihe kinini yitabaza uumupfumu yamenye abifashijwemo n’umukinnyi wa Cote d’Ivoire, Serge Aurier.

Mathias avuga ko Paul Pogba yashoye amafaranga menshi mu mibanire ye n’uyu mupfumu wavuzwe.Uyu mupfumu ngo yamwemereye kumufasha gutwara igikombe cy’isi cya 2018 kandi ngo yemeye kumufasha kuroga Kylian Mbappé.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: nari mfite moto 2 none nsigaye nsaba rifuti, Papa Messi yavuze ukuntu bet yamugize imbwa

Video: umugore yasekeje abantu ubwo mu rukiko yavugaga ko azakurikiza amategeko y’abashyinguranye