in

Umutoza w’ubufaransa yavuze icyamubabaje ajya gukindagurana na Messi n’ubwo bamurishije ibyatsi

Umutoza Didier Deschamps mu gahinda kesnhi, yavuze ko hari Abafaransa benshi bifuza ko Lionel Messi atwara igikombe cy’isi uyu munsi atsinze igihugu cyabo.

Ibi yabivuze mu kiganiro n’abanyamakuru cya nyuma aho yagaragaje ko bibabaje kuba aba bafaransa bifuza ko Lionel Messi abatsinda.

Uyu mutoza arashaka gukora amateka yo kuba umutoza wa kabiri utwaye igikombe cy’isi kabiri kikurikiranya.

Yagize ati “Nzi Argentina kandi hari abafaransa bamwe bifuza ko Lionel Messi atwara igikombe cy’isi ariko turakora ibishoboka byose tugere ku ntego yacu.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa munyamakuru wo mu Rwanda wihebeye Messi noneho ibyo yakoze nyuma yuko Messi atwaye igikombe cy’isi birarenze (video)

Amafoto; Inkuru igaragaza iminzani abafana ba Messi bapimiyeho Ronaldo bagasanga barabapfunyikiye umwuka nta kintu kirimo