in ,

Umutoza wa Real Madrid amaze gutangaza ibintu byababaje abafana b’iyi kipe ku buryo bukomeye

Umutoza Zinedine Zidane nyuma yo kuganira n’ikinyamakuru l’equipe cy’iwabo mu bufaransa yatangaje ibintu bitavuzweho rumwe na benshi.

Image result for zinedine zidane in press conference 2016

Nyuma yuko myugariro wa Real Madrid Képler Laveran Lima Ferreira uzwi nka Pepe abajijwe kukazoza ke muri iyi kipe, yatangaje ko ntawundi ufite ijambo rya nyuma kuri uyu mugabo uretse Florentino Perez, yavutse kandi ko yifuza gukomereza muri iyi kipe, ndetse bitanamugwa nabi asoreje ruhago ye muri Real Madrid nyuma y’ibihe byiza yahagiriye, gusa kugeza kuri ubu ikipe ya Real Madrid n’umu agent w’uyu mugabo Jorge Mendes bakaba batarumvikana ku masezerano mashya y’uyu mugabo, kubwizo mpamvu Zidane abazwa niba ntacyo yabikoraho ngo agumane uyu munya porutigali w’inararibonye, yagize ati:”Abakinnyi bugarira si ikibazo Pepe agiye nta gihombo kinini kirimo, twatije benshi twareba abo tugarura bashoboye akazi, bakaza gusimbura uyu mugabo”

Aya magambo yababaje benshi bitewe nuko uyu mugabo Pepe yakomeje kugaragaza ishyaka ryinshi, ndetse no gukunda ikipe ya Real Madrid ariko akaba ari kugaraguzwa agati bene aka kageni.

Abakinnyi bari ku rutonde rwabasimbura Pepe harimo umwana Real yatije Jesus Vallejo kuri ubu ukinira ikipe ya Eintacht Frankfurt,Image result for jesus vallejo

Ndetse n’umunya Brasil Marcos Aoás Corrêa uzwi nka Marquinhos ukinira ikipe ya PSG, Image result for marquinhos

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto y’abastar yaciye ibintu kuri Instagram muri iki Cyumweru #21 (amafoto)

Ntibisanzwe: Messi na Cristiano mu guhatanira ikindi gihembo gikomeye ku isi(Soma wumve icyo aricyo)