in

Umusore w’imyaka 23 yujuje inzu iwabo mu cyaro maze baza kuyimusangamo amanitse

Mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo, abaturage batunguwe n’umurambo w’umusore w’imyaka 23 y’amavuko basanze umanitse.

Uyu musore yasanzwe amanitse mu nzu yari amaze iminsi mike yujuje.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Ni ibintu byababaje abaturage bari benshi ubwo bazaga kureba uyu musore wari umanitse mu nzu ye.

Mu byababaje ni ukuntu yari amaze iminsi mike yujuje inzu akazi no guhita ayiyahuriramo.

Turakwamamariza kuri macye ashoboka. Uko yaba angana kose.

Inzego z’umutekano zaje gukora iperereza kugira ngo harebwe icyishe uyu musore bivugwa ko yaba yiyahuye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndumva nishimye cyanee”: Umuhanzi Bruce Melodie yanditse amateka mashya adasanzwe bigoranye ko hari mugenzi we wo muri Afurika y’Iburasirazuba uzayasiba vuba

Byamurenze! Umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda yatunguwe n’ibintu yakorewe n’umuntu waturutse mu Bubiligi -AMAFOTO