in

Umusore waminuje yakoze benshi ku mu mutima nyuma yo kugaragara adoda inkweto

Umusore ufite impamyabushobozi zikomeye yakoze benshi ku mutima ,nyuma yo kugaragaza ko atunzwe no kudoda inkweto, umwuga benshi babona nk’uciriritse cyangwa usuzuguritse.

Mustapha Mufeed Adeola Dallax umunyeshuri urangije amashuri ya Kaminuza muri Nigeria yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yavuze ko adashaka gutegereza amahirwe yo kubona akazi akaba yarahisemo kudatega amaboko ngo asabirize kandi afite amaboko bityo ko atakomeza gutegereza ko azabona akazi. Akinjira mu kazi ko kudoda inkweto benshi bamubwiye ko yisuzuguje bikomeye ariko we akumva afite icyo ashaka kandi nta yandi mahitamo yari afite.

Mustapha Mufeed Adeola Dallax n’ubwo bamubonana ikoroshi adoka inkweto bakamuha igiceri cy’ijana cyangwa n’andi yisumbuyeho, afite impamyabumenyi ya Kaminuza mu Binyabuzima (Biology) no mu burezi (Education).

Atunzwe no kudoda inkweto.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto y’umugabo wabuze akazi wirirwa utemerana icyapa cyanditseho ngo ”ndi umushoferi ndashaka akazi” akomeje gukora ku mitima ya benshi

APR FC birongeye biranga nyuma yo kunganya na Police FC