in

Umusobanuzi wa filime Rocky Kimomo arashaka ko abantu bamugira inama

Umusobanuzi wa filime Rocky Kimomo arashaka ko abantu bamugira inama .

Umusobanuzi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Rocky Kimomo ukunze kumvikana avuga ko nta bukwe ateze gukora yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasabye abakunzi be kumugira inama mu magambo ye yagize ati:”Mungire inama ndongore cyangwa mbe ndetse”.

Rocky yagishije inama abakunzi be bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze nyuma yo gutaha ubukwe bw’umukinnyi wa sinema uzwi nka Killa Man wasabye akanakwa umugore we Umuhoza Shemsa.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda habereye impanuka iteye ubwoba

RIP Mr Ibu! Umugabo wari umaze kuba ikimenyabose mu gukina Filime, yitabye Imana