in

Umunyezamu wa Al Hilal ntiyamenye aho umupira wanyuze! Amashusho y’igitego cya rutahizamu wa Rayon Sports, Héritier Luvumbu Nziga yatsinze Al Hilal Benghazi – VIDEWO

Mu mukino wahuje ikipe ya Al Hilal Benghazi yo muri Libya na Rayon Sports waje kurangira aya makipe yombi anganyije igitego 1-1.

Wari umukino ubanza w’ijonjora rya kabiri rya CAF Confederation Cup, wabaye kuri iki Cyumweru tariki 24 Nzeri 2023.

Rutahizamu wa Rayon Sports, Héritier Luvumbu Nziga niwe wabanje gufungura amazamu ku munota wa 54 yatsinze igitego cya mbere kuri Penariti. Gusa ku munota wa 84, Elmalmi yaje kwishyurira ikipe ya Al Hilal Benghazi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashuri yasenyutse abanyeshuri bagiye gutangira! Hamenyekanye ibyo umutingito wangije ndetse naho wakubitiye

Umuhanzikazi ukunzwe n’abanyarwanda batari bake yongeye kurwaza abasore kubera imyambarire ye idasanzwe