in

Amashuri yasenyutse abanyeshuri bagiye gutangira! Hamenyekanye ibyo umutingito wangije ndetse naho wakubitiye

Amashuri yasenyutse abanyeshuri bagiye gutangira! Hamenyekanye ibyo umutingito wangije ndetse naho wakubitiye

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki ya 24 Nzeri 2023 mu Rwanda humvikanye umutingito utunguranye mu masaha y’umugoroba.

Uyu mutingito wangije amazu y’abantu mu karere karongi , uyu mutingito wasenye amazu 11 ariko muri ayo mazu nta nimwe yasenyutse ngo ijye hasi yose.

Ndetse uyu mutingito wasenye ibyumba bibiri by’amashuri, gusa ntabwo byaguye hasi ahubwo ni amabati yagurutse.

Ubwo uyu mutingito wabaga itafari ryagwiriye umwana ariko ntiyakomeretse bikabije ndetse kugeza ubu ameze neza, si uyu mwana gusa ahubwo hari n’inka yagwiriwe n’amatafari ariko nayo yavunitse gusa.

Hatangajwe ko uyu mutingito wakubitiye cyane mu karere ka karongi.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukino wahuzaga ikipe ya Rayon Sports na Al Hilal Benghazi urangiye abafana ba Gikundiro imitima yahennye

Umunyezamu wa Al Hilal ntiyamenye aho umupira wanyuze! Amashusho y’igitego cya rutahizamu wa Rayon Sports, Héritier Luvumbu Nziga yatsinze Al Hilal Benghazi – VIDEWO