in

Umunyarwandakazi ari mu gahinda kenshi kubera umuhungu we w’imyaka 21 wabaye umusinzi

Umubyeyi w’umunyarwanda ari mu gahinda nyuma yo kubona ibyo umuhungu we w’imyaka 21 akora birimo gusinda , kunywa itabi no gutaha igicuku cyose yurira ibipangu.

Uyu mubyeyi akaba yanditse asaba inama;yagize ati:”mwaramutse, mwe muri abajene byibuze mungire inama , mfite umuhungu w’imyaka 21, ariko simbabeshye aho bigeze noneho aransajije pe. umwana ataha amajoro yasinze, yurira ibipangu mu gicuku agiye mu tubari, iyo ntasanze itabi mu myenda ye igiye gufurwa, numva ngo yakoze za house party iwanjye ntahari. nagerageje kumwicaza kenshi ngo tubiganireho arambwira ngo nanjye niko namutwise meze, ngo niba ntaramweretse se wamubyaye bivuze ko nanjye nari ikirara, birangoye pe, umwana nkuyu umuntu amugarura mu murongo gute?”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamirambo-Nyarugenge:habereye impanuka ikomeye umunyonzi ameneka agatuza, uangirika n’ibindi bice by’umubiri

Umutoza w’igihangange watwaye CAF Confederations Cup yandikiye ubuyobozi bwa APR FC asaba gusimbura Adil Mohammed