in

Umunyamideli w’ikimero gitangaje yahuye n’uruva gusenya nyuma yo guteretwa n’abasore akabakatira.

Umunyamideli ukunzwe cyane kubera ikimero cye n’ubwiza buhebuje yatangaje ko aherutse guhemukirwa n’insoresore zimwambura akayabo k’amadorali nyuma yo kumutereta ku mbuga nkoranyambaga ze akatera indobo.


Whitney Paige, ufite imyaka 26, ukomoka muri Floride, ngo yakomeje kwifuzwa n’abasore batari bake bamusaba ubushuti nyuma y’amafoto yagendaga ashyira kuri Instagram, gusa ngo yarabahakaniye abima urukundo.Uyu munyamideli ukurikirwa n’abarenga miliyoni 1.5 ngo yakomeje kwibasirwa n’abasore bamuteretaga bamwe ababwira nabi nyuma nibwo baje kumutegera mu nzira ,bamufatiraho imbunda ndetse bamwambura ibyo yari afite byose birimo n’amadorali 1000 y’Amanyamerika.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umufana wa Clarisse Karasira yamuteye imitoma bishyira cyera.

Inkuru y’Akababaro: Umwe mu bashinze ikipe ya Kiyovu Sports yitabye Imana