in

Umunyamakuru Reagan Rugaju yatangaje ko ababajwe bikomeye n’abantu bakomeje kwibasira bagenzi be Murindahabi na Faustinho babaziza ineza yabo

Umunyamakuru Reagan Rugaju yatangaje ko ababajwe bikomeye n’abantu bakomeje kwibasira bagenzi be Murindahabi na Faustinho babaziza ineza yabo

 

 

Reagan Rugaju umwe mu banyamakuru bagezweho mu mikino wa RBA, yatangaje ko ababajwe bikomeye n’abantu bakomeje kwibasira abanyamakuru bagenzi be Irene Murindahabi na Faustinho Simbigarukaho babaziza kuganira n’abana kuri Camera.

Rugaju yatangaje ko bibabaje kubona benshi bari kubacira imanza ku mbuga nkoranyambaga bavuga ko aba banyamakuru bari kungukira muri abo bana, kandi bo bari kubafasha kuzamura impano zabo.

Ibi Rugaju yabivuze nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga hari abantu banenze uburyo aba banyamakuru bakoresha ibiganiro abana bato.

Irene yakoresheje ibiganiro umwana witwa Benie w’imyaka 10 ndetse na Faustinho akoresha ikiganiro Manishimwe Gilbert w’imyaka 12 uzi gusesengura umupira w’amaguru.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Andi mashusho y’urukozasoni y’abakobwa bane b’abanyarwandakazi barimo bakoresha amacupa, yongeye guteza umwuka mubi ku mbuga nkoranyambaga

Haruna Niyonzima muri Rayon Sports! Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi, Haruna Niyonzima yakoranye imyitozo ya mbere mu ikipe ya Rayon Sports yitegura Al Hilal Benghazi – AMAFOTO