in

Umunyamakuru Jules Karangwa yifashishije ay’arimo imitoma yifuriza umufasha we isabukuru nziza

Umunyamakuru Jules Karangwa wamamaye mu biganiro bitandukanye bya Siporo ku maradiyo atandukanye ya hano mu Rwanda kuri ubu akaba ari umuyobozi muri FERWAFA, yifashishije amagambo meza y’urukundo maze yifuriza isabukuru nziza y’amavuko umufasha we.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Jules Karangwa yashyize hanze amafoto y’umufasha we maze ayaherekesha amagambo akurikira:

Jules Karangwa n’umufasha we

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Shimwa Guelda akoresheje amagambo meza y’urukundo yifurije umugabo we isabukuru nziza y’imyaka ishize barushinze

Umusore yakoze ibintu bidasanzwe ubwo yasohokanaga na bagenzi be bafite abakunzi we ntawe afite (video)