in

Umunyamakuru Clarisse Uwimana yatangajwe n’igisubizo Axel Rugangura yahaye abavuze ko bateze kuzamubona yakuyemo ingoforo ku munsi w’ubukwe – Amafoto y’umukunzi wa Axel 

Mu minsi mike ishije, ubwo abanyamakuru ba RBA, Kwizigira Jean Claude, Ruvuyanga na Axel Rugangura bari mu kiganiro ‘Urubuga rw’imikino’, hari ubutumwa Kwizigira yasomye aho hari uwabandikiye ababwira ko ategereje kubona Rugangura yakuyemo ingofero ubwo azaba yakoze ubukwe.

Ibi byatumye Axel bamutereho ikiganiro, ngo kuko ahora yambaye ingofero buri gihe, maze Axel nawe abwira abo bategereje kuzamubona yakoze ubukwe ati “Abo bantu se barabizi neza ko ubukwe nzabukora? Ni bategereze bihanganye.”

Byatumye n’umunyamakuru wa BB Umwezi, Clarisse Uwimana nawe abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yatangajwe n’igisubizo Axel yatanze.

Reba amafoto y’umukunzi wa Axel Rugangura, n’ubwo ubukwe bwabo bitegerejwe na benshi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Karabaye! Umugeni n’umugabo we barwaniye mu bukwe – Amashusho

“Inda yari imumereye nabi yararikiye irindazi” Ifoto ya Anita Pendo atwite ari kurya irindazi asomeza na Fanta yaciye igikuba kuri Instagram – IFOTO