in

Umuntu utoga ntabwo azongera kwinjira mu mujyi

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kampala (KCCA) bwatangaje ko bugiye gushyiraho amabwiriza asaba ko mbere yuko umuntu akandagira mu mujyi wa Kampala agomba kubanza koga.

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kampala (KCCA) bwatangije umushinga ujyane nuko ntamuntu uzongera gukandagira mu mujyi wa Kampala atoze mu rewego rwo kurwanya kwangirika kw’ikirere cy’umujyi wa Kampala, nyuma yaho basanze impumuro mbi ituruka ku muntu utoze yangiza ikirere.

Abahanga muri Siyansi, bavuze ko mugihe uwo mushinga uzaba utangiye gushyirwa mu bikorwa bizatanga umusaruro mwiza mu kurwanya kwa nduza ikirere.

Amakuru aturuka mu buyobozi bukuru bw’umujyi wa Kampala, avuga ko bakoze ubushakashatsi bagasanga umwuka mubi uturuka ku bantu batoga ugira uruhare mu kwangiza ikirere cy’umujyi wa Kampala.

Umujyi wa Kampala uzajya utanga ikibari cy’umuntu woze kugirango abashe kwingira mu murwa mu kuru buri munsi

Igihe iyi gahunda izaba itangiye gushyirwa mu bikorwa, Uganda izaba aricyo gihugu cyambere ku isi gishyizeho uburyo bwo kwinjira mu mujyi wabanje koga mu rwego rwo kwirinda kwangiza ikirere cy’umujyi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nana wamenyekanye muri City Maid yatunguriwe mu kabari n’umugabo we (VIDEWO)

Itako ryose riri hanze: Sacha Kate wakanyujijeho mu rukundo na Nizzo Kaboss wari muri Urban Boys yatitije imbuga nkoranyambaga (AMAFOTO)