Umukwe yafashwe n’ agatotsi mu birori by’ubukwe bwe maze abantu bamuha urw’amenyo.Ni videwo iri kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga, yerekana umugeni wari wishimye iruhande rwe hari umusore bari bagiye gukora ubukwe yatwawe n’agatotsi.
Nubwo abantu basetse uyu musore ariko uyu mugeni yavuze ko uwari ugiye kumubera umugabo yasinziriye abitewe n’uko yari afite ibitotsi ndetse avuga ko akeneye kuruhuka.