in

Umukobwa w’Umutaliyani wakundanaga na Eric Omindi yashyize hanze amabanga yabo yose yo mu buriri.

Umutaliyanikazi wakundanaga n’umunyarwenya Eric Omondi yavuze ko uyu musore yajyaga atera akabariro yisetsa ndetse ko atamuhaga ibyishimo bisesuye yifuzaga.

Uyu mukobwa witwa Chantal Juliet wakundanye na Eric Omondi imyaka igera kuri itanu,yahishuye ko bamaze gutandukana ndetse afite umusore w’umutaliyani barikumwe mu munyenga w’urukundo.

Chantal Juliet wakundanye na Eric Omondi

Chantal Juliet mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru Nairobiwires cyandikirwa muri Kenya, yabajijwe ibibazo byinshi bijyanye n’ubuzima bwe bamubaza no kurukundo rwe na Eric Omondi aho yanze kugira byinshi abivugaho ariko ahamyako ubu afite urukundo rutari urwa Eric.

Bamubajije icyatumye batandukana uyu mukobwa yavuzeko abakundana batabura ibyo bapfa gusa ngo kuri we hari ibyo yananiwe kwihanganira ari na byo byatumye atandukana n’uyu munyarwenya burundu.
Chantal yahamije ko mubyo atabashije kwihanganira ubwo yari kumwe na Eric ari uburyo atamuhaga umunezero yifuzaga ubwo babaga bari mu buriri.

At“Eric ibintu byose abifata nk’urwenya niyo twabaga turi mugikorwa cy’abakundana wabonaga yabigize urwenya.”Eric ntabwo ibyishimo byanjye yigeze abigeza aho nashakaga”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi arashinjwa gukubita umukinnyi wa Athletic Bilbao|Bishobora kumukoraho.

Amwe mu mafoto ushobora kuba atarigeze ubona ya Barack Obama asomana n’umufasha we mu ruhame bigashyira cyera.