in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye YEGOKOYEGOKO NDASETSENDASETSE

Umukobwa w’uburanga yabyutse yasaze nyuma yo kurara atera akabariro ijoro ryose.

Umukobwa w’uburanga yabyutse yabaye umurwayi wo mu mutwe nyuma yo kurarana n’umugabo w’abandi batera akabariro.

Abaturage ba Cameroon baguye mu kantu nyuma yo kumva ko umukobwa yasaze nyuma y’umunsi aryamanye n’umugabo wundi mugore.

Brenda Atagana, watangaje iyi nkuru yavuze ko uyu mukobwa n’uyu mugabo baryamanye, bukeye babona uwo mukobwa wo mu mujyi wa Douala yasaze.

Brenda ati: “Imana ni umukozi w’umuhanga, umukobwa yasaze nyuma yo gusambana n’umugabo wubatse”.

Akomeza asobanura uko byagenze, ati: ”Brenda yavuze ko uyu mukobwa wasaze ari inshuti ye, ngo yahoraga amuha gasopo ku bagabo b’abandi akavunira ibiti mu matwi”.

Ibi byabaye byateye abantu ubwoba ndetse abakobwa bamwe na bamwe barahira ku mugaragaro gucika ku bagabo bubatse.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ishimishije kuri Meddy n’abafana be.

Video: Abaturage bo mu karere ka Ngoma biroshye mu muhanda bishimira kuzamuka kw’ikipe yabo