in

Umukobwa mwiza yishyize mu kagozi nyuma yo kumenya ko umusore yamwanze (inkuru irambuye)

Umukobwa w’imyaka 24 ukomoka i Lilongwe muri Malawi,yiyahuye arapfa nyuma yo kunanirwa kwakira ko yatandukanye n’umusore yakundaga cyane.

Uyu Mary Fulu wiyahuye ku wa 2 Ugushyingo 2022, yari umunyeshuri ariko ari na rwiyemezamirimo.

Yafashe uyu mwanzuro nyuma yo kumenya ko umukunzi we yamutaye yishakira undi undi mukunzi.

Raporo ya polisi igira iti: “Uyu mugore yagiye mu bitaro bya Bwaila kwivuza no kugirwa inama. Icyakora, muri iki gitondo yapfuye yiyahuye. Yagiye bucece,yinjira mu cyumba cy’abahungu arimanika.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Haaland yatangaje impamvu yanze gukinira ikipe y’igihugu y’Ubwongereza kandi ariho yavukiye

Inkumi y’uburanga yoza imodoka ikomeje guca ibintu