in ,

Umukinnyi w’umunyafurika wabiciye bigacika muri Premier League apfiriye mu kibuga

Drogba ari kumwe na Tiote

Mu gihe abantu bibuka ibyabaye kuri Marc Vivien Foe wapfiriye mu kibuga muri 2002,kuri ubu umugabo Cheikh Tiote wakiniye ikipe ya Cote d’Ivoire agakina n’imyaka 7 muri Premier League akinira ikipe ya Newcastle United yitabye Imana.

Mu gihe yakoraga imyotozo n’ikipe ye ya Beijing Entreprises Group FC yo mu Bushinwa uyu munsi,yaje kwikubita hasi bamwirukana kwa Muganga ariko biba iby’ubusa.Yari afite imyaka 30 gusa.

Drogba ari kumwe na Tiote

Cheick Tiote yagize ibihe byiza muri Premier League aho mu bintu yibukirwaho cyane ari igitego yatsinze mu mukino bakinaga na Arsenal muri 2011 bikarangira bayishyuye kandi yari yabatsinze 4-0

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto igaragaza ubwiza bwa Jennifer Lopez arimo koga yavugishije benshi (yirebe hano)

Fc Barcelona yamaze kwigarurira umukinnyi ukomeye ku isi mu rwego rwo kwihoza amarira