in

Umujyi wa Kigali wasubije Teta wabyutse abatakira ikibazo cyibura ry’imodoka ku cyapa cyo ku Murenge wa Gatenga [AMAFOTO]

Umujyi wa Kigali wasubije Teta wabyutse abatakira ikibazo cyibura ry’imodoka ku cyapa cyo ku Murenge wa Gatenga.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X yahoze yitwa Twitter, Teta yandikiye umugi wa Kigali.

Yagize ati: “Mwaramutse neza Kigali, Rwandapolice, KicukiroDistr, turabasaba ubuvugizi hano kucyapa cyo k’umurenge wagatenga kuko company ya Royal ihakorera irananiwe dusigaye tujyera mukazi saatatu mubyukuri amasaha yakazi ari saamoya mudufashe bitabaye ibyo turirukanwa mu kazi. ”

Umujyi wa Kigali wamusubije ugira uti: “Hari umukozi washyiriweho kubafasha no kubashakira Imodoka. Turakurikirana turebe icyakorwa kugirango abagenzi ntibatinde ku murongo. Murakoze kuri aya makuru mutugejejeho!”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda rwinjije miliyari zirenga 250 y’amafaranga y’u Rwanda

Alyn Sano ntakiri kubarizwa ku butaka bw’u Rwanda ukundi