Umuhanzikazi Young Grace yirengagije ko ari ku cyumweru ( taliki ya 18/09/2016) yahengereye mu masaha akuze y’umunsi maze  asangiza abantu ibihumbi barenga  33  ifoto imugaragaza yakuyemo imyenda amaze ahisha icyubahiro cy’abakobwa akoresheje inkoko  ndetse yifashisha ibicuma ahisha amabere nk’igice cy’ibanga kandi gitera isoni ukibonye usibye babandi bita Barwabuzisoni.
Niba bigutunguye kumubona gutya si wowe wusa kuko n’umwe mu bakunzi we wiyita Yvonne_250 ati”Mwana wacu ibi watangiye n’ibiki” ndetse nubwo hari bantu  barenga 249 bakunze iyi foto hari utabashije kwihanganira ibyo yarahaye amaso maze  agereranya uyu murwandakazi n’umunyamerikakazi Lady Gaga.
[…] Umuhanzikazi Young Grace yakuyemo imyenda maze agabanya isoni akoresheje gakondo […]