in

Umuhanzikazi ukiri muto Fifi Raya bwa mbere yagaragaye yambaye ikanzu nyuma y’uko amakabutura n’amapantaro byari bimaze kumera nk’irangamuntu kuri we(AMAFOTO)

Umukanzikazi ukiri muto Fifi Raya bwa mbere yagaragaye yambaye ikanzu nyuma y’uko amakabutura n’amapantaro byari bimaze kumera nk’irangamuntu kuri we(AMAFOTO)

Fifi Raya uri mu baraperikazi bagezweho kandi bato yongeye kugaragara mu buryo butandukanye n’ubwo benshi bari bamuziho ubwo yambaraga ikanzu kandi yari amenyerewe ku mapantalo n’amakabutura gusa.

Fifi Raya kuri ubu arebererwa inyungu na Ddumba ufite inzu ifasha abahanzi yitwa Cyaze Gang.

Zimwe mu ndirimbo uyu mukobwa aherutse gusohora twavuga nka Liquor store, n’izindi.

Reba andi mafoto ye atagira uko asa ubwo yari mu ikanzu itukura

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“izo nkweto nzizi kuri nyogokuru” Umuherwekazi Kate Bashabe yanyeganyije imbuga nkoranyambaga ny’uma yo kugaragara mu myambaro ya kera cyane(Videwo)

Indege iramutse ikoreye impanuka k’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi, abarokotse bashyingurwa he? (Igisubizo)