in

Umuhanzikazi Cassandra yatangaje ko yifuza umugabo.

Uyu muhanzikazi nyarwanda yavuze ko yifuza umugabo cyane ndetse avuga ko yifuza kurushinga. Izina Cassandra ryatangiye kumenyekana mu mwaka wa 2018 mu matwi y’abanyarwanda ubwo yakoraga indirimbo yatumye aba ikimenyabose, iyo akaba ari “Nturi My Type” yakoranye na MUKADAF. Nyuma yaho yakoze iyitwa “Nkunda indi” yatumye akomeza guhangwa amaso n’indi yise “Saa Sita” yakoranye na AMA G THE BLACK.

Aganira na InyaRwanda Tv kuri Youtube, Cassandra yasobanuye impamvu yari amaze kwishimirwa n’abanyarwanda nyuma agahita abura, asobanura ko byamugoye cyane nk’umuntu utari ufite abamwunganira mu muziki (management Team). Uyu muhanzikazi yanahishuye ko afite ifemba ryo kuba yashinga urugo.Ati:” ntiwibagirwe ko ndi single and searching “.

Reba ikiganiro kirambuye kuri inyaRwanda TV:

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese ni Ole wahesha Manchester United igikombe ?

Bwa mbere Umutare Gaby yahishuye uko yamenyanye n’umukunzi we kugeza barushinze.