in

Umuhanzikazi Bwiza yisasiye Okkama muri 10Battle

Umuhanzikazi Bwiza Emerance uzwi ku izana rya Bwiza muri muzika nyarwanda, yatsinze mugenzi we Ossama Masut Khalid uzwi ku mazina ya Okkama mu kiganiro 10Battle cyo kuri RADIOTV10 Rwanda.

Ni ikiganiro gica kuri RADIOTV10 aho batumira abantu b’ibyamamare maze umwe akabazwa ikibazo gisaba gutondagura ibintu byinshi mu gihe cy’amasegonga 30, ubikoze ahabwa amanota byakunanira amafoto agahabwa mugenzi wawe.

Bwiza yatsindiye Okkama ku manota 5-2, mu bibazo babajijwe, Okkama amasegonda yamurangiriyeho atavuze amatungo 7 umuntu yabana nayo, kuvuga ubwoko bw’imbuto bugera kuri 11 kandi yananiwe kuvuga amagambo 3 agizwe n’igihekane “Shyw”.

Bwiza we yemeje abantu avuga amakipe arenga 8 ari guhatana mu gikombe cy’isi, uwo mukino waje kurangira Bwiza afite amanota 5-2.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi ba Rayon Sports bemeje ibitego bazanyagira Musanze FC nyuma y’uko ubuyobozi bubategeye akayabo

Niba ugira impumuro mbi mu kwaha ,dore ibanga