in

Umuhanzikazi Bwiza yahishuye uburyo yari intakoreka ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye

Umuhanzikazi Bwiza uri mu bakobwa bakizamuka mu muziki nyarwanda yahishuye ukuntu yari intakoreke ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye.
Ibi Bwiza yabitangarije mu kiganiro cya Radiyo Rwanda kitwa Samedi Dentente kigaruka ku makuru y’myidagaduro.

Umuhanzikazi Bwiza uherukaga gusohora indirimbo afitanye na Juno

Bwiza yabajijwe ibintu yaba yarakoze ubwo yigaga mu mashuri yisumbuye. Bwiza yasubije ko ubwo yigaga i Rwamagana mu kigo kitwa Saint Aloys Rwamagana yajyaga atoroka ikigo akajya kureba ibitaramo mu mugi, ndetse no kubeshya ko yarwaye agamije kwigira mu miryoshyo.
Bwiza Kandi yatangaje ko yigeze ku mena amatara y’ikigo arikumwe n’abagenzi be bagamije kwihorera ku muyobozi.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sinakwifuza gukina duhanganye _ Intyoza muri ruhago zatangiye gutinya Mykhaylo Mudryk ataramara kabiri

Gatsata: Umusore yiteye icyuma anagitera umukobwa wanze ko baryamana