in

Umuhanzi The Ben yahishuye icyintu azi neza ko kimubangamira iyo ari kurubyiniro

Umuhanzi The Ben yahishuye ko kugira amarangamutima adasanzwe ku rubyiniro ari kimwe mu bintu bimubangamira ariko yabyakiriye uko biri.

Yongeyeho ko iyo ari imbere y’abantu arikubaririmbira bakamwikiriza, bakamwereka urukundo rudasanzwe , bituma yibuka urugendo rwe muri rusange kugera aho ageze maze agafatwa n’ayo marangamutima.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Azava mu buryohe bumwe ajya mu bundi! The Ben uri kwitegura gushaka umugore yatangaje igihe azashyirira hanze indirimbo ye

“Ariko twanamutanga” KNC yagize icyo avuga ku makuru akomeje kuvuga ko rutahizamu wa Gasogi United, Malipangou Theodor yaba agiye kwerekeza muri Nyamukandagira – VIDEWO