in

Umuhanzi king james yahishuye byinshi ku bukwe bwe

King james wamenyekanye mu ndirimbo zitandukanye akenshi zibanda ku bakundana ndetse yatumye yigarurira imitima y’abenshi.

Ruhumuriza James ukunze kwishyuzwa n’abakunzi be kubereka umukobwa wamutwaye umutima ndetse akaba yabereka ibirori, dore ko imyaka bitegura kumva yagiye mu rukundo.

Mu kiganiro “EAP Rwanda “yagiranye n’abanyamakuru  yabajijwe nimba koko yarakoze ubukwe nkuko byasakaye ku mbuga nkoranyambaga ,king James yateye utwatsi ayo makuru yose.

King James mu magambo ye yahishuye ko ibyo babonye byose ari ibihuha ko nta bukwe yigeze akora mu ibanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yemeye kurongora umukobwa yari yafashe ku ngufu ahita akurirwaho igifungo ajya kwita ku mugore we

Ubukwe bwahumuye: Ibyo umukunzi wa ShaddyBoo yamukoreye birateguza ubukwe