in

Umugore yarwanye inkundura n’ihabara ubwo yarisanga riri kumwe n’umugabo we muri Hoteli.

Umugore w’ihabara yahuye n’uruva gusenya ubwo yafatwaga ari kumwe n’umugabo wubatse maze umugore nyir’umugabo aramukubita ndetse yenda kumushwanyagurizaho imyambaro.

Ubusanzwe umubano mwiza w’abashakanye urangwa n’urukundo no kwizerana nk’uko baba barasezeranye kuzabana neza kugeza bitabye Imana. ARIKO iyo hajemo gucana inyuma bihindura isura nk’uko byagendekeye uyu muryango utatangajwe amazina n’igihugu bakomokamo.

Mu mashusho dukesha ikinyamakuru Atinkanews yerekana umugore wubatse ushinja umukobwa gusambana n’umugabo we ubwo yabasangaga muri hotel ndetse bakarwana inkundura imbere y’abantu.

Uyu mugore yagaragaye akubita ndetse ashaka kwambura ubusa uyu mukobwa w’ihabara amuziza ko ashobora kuba aryamana n’umugabo we.

Gukubitwa byageze aho umugore ashishimura imyenda ya wa mukobwa amusiga yambaye utwenda tw’imbere gusa, mu gihe abashinzwe umutekano bahise bahagera bagerageza guhosha ayo makimbirane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Igikorwa Messi yaraye akoreye Neymar cyarijije benshi

Umusore w’umwirabura yegukanye umunyamerikakazi abicyesha Facebook ||ese yabigenje ate?