in ,

Umugore wafashe akana k’agahungu ku ngufu yifatiye igihano giteye ubwoba

Si abagabo bafata abakobwa ku ngufu gusa ahubwo n’abagore bashobora gufata abahungu ku ngufu mu gihe umugore yagukoresha ibyo utifuza.

Umugore w’imyaka 40 witwa Ketcham wari ufungiwe muri gereza ya Linn County Jail, Oregon basanze yiyahuye nyuma y’igihe gito afunzwe azira gufata umwana w’umuhungu utari wagira imyaka y’ubukure.

Nkuko byemejwe n’umuvugizi w’iyi gereza,batangaje ko Tina Ketcham bamusanze mu gitondo saa kumi n’imwe n’iminota 10 yiyahuye ubwo ushinzwe umutekano wabo yari arimo agenzura neza ko bose ari amahoro.

Uyu mugore w’imyaka 40 yafashe uyu mwana ku ngufu hagati y’umwaka wa 2015 kugeza mu mwaka wa 2020 ubwo yafatwaga yarabihakanye ibyaha ashinjwa byose.

Nyuma yo gufungwa, hari no kwishyurwa amafaranga angana na $350,000_$50,000 ndetse abonye ko ari ntaho yayakura, ahitamo kwiyahura.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clapton Kibonge yigize ampucuri anaha Rusine akabizu (video)

Ibyabaye ku musore wishyuzaga umukunzi we amafaranga yamugurije ni agahomamunwa