Umugore utwite inda nkuru yagaragaye ari kugerageza kuyikura mo y’ifashishije inyundo(Amashusho)
Hari uburyo bwinshi bwo gukura mo inda bukoreshwa n’igitsina gore mu gihe badashaka umwana batwite, gusa ubwo buryo benshi bakoresha babukoresha mu gihe inda itaragaragara.
Gusa hari umugore wari utwite inda nkuru wagaragaye ku mashusho ari kugerageza gukuramo inda nkuru igaragarira buri wese akoresheje inyundo, dore ko yayikubitaga ku nda nta mpuhwe.
N’ubwo bimeze gutyo nti hazwi impamvu uyu mubyeyi yagaragaye yibabaza ndetse ababaza n’umwana uri mu nda, ibyari kuviramo uyu mwana atwite kuvutswa ubuzima.
Reba video hasi..