in

NdababayeNdababaye

Umugabo yibeshye agura amainite ya miliyoni 7,ahita akora ibidasanzwe.

Umugabo wo mu gihugu cya Nigeria yagaragaye mu mashusho afite agahinda n’umubabaro mwinshi cyane, arimo arira nk’umwana nyuma yo kwibeshya akagura ama unite yo guhamagara (airtime) ya miliyoni 3 z’ama Narira aho kuba 3000, ni ukuvuga asaga miliyoni 7.3 z’amafaranga y’u Rwanda.

Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Nigeria byatangaje ko uyu mugabo yibeshye agura amainite menshi akoresheje application ya bank ubwo yashakaga kuyiyoherereza.Mu mashusho yasakaye ku mbugankoranyambaga agaragaza uyu mugabo aboroga nkumwana muto, nyuma yibyo yari amaze gukora.Uyu mugabo agaragara aryamye hasi asa n’uwacitse intege,bisa nk’aho yahise ashengurwa umutima kubera kugura airtime atifuzaga.Abantu bari bamushungereye barimo kumuhumuriza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibya wa mukobwa wafungishije Davis D bikomeje kuba urijijo

Inkuru nziza ku bakunzi b’umunyamakuru Ndahiro Valens Papy