in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umugabo yazindutse yandikira umugore w’abandi kuri Whatsapp, ibyamubayeho nyuma ntazabyibagirwa.

Umugabo ntazibagirwa ibyamubaye nyuma yo kuzinduka yandikira umugore wabandi ngo “waramutse mukunzi” bigatuma ajyanwa mu rukiko igitaraganya kubera aya magambo.

Ubusanzwe uyu mugabo azwi ku izina rya Jamiu atuye muri Nigeria yarezwe mu rukiko n’umugore w’undi mugabo nyuma yo kuzinduka amwandikira ngo “good morning babe” .

Izina Babe siryo zina ryuyu mugore asanzwe akoresha kuri Whatsapp kuwa 19 Nzeri nibwo uyu mugore yakiriye ubutumwa bw’uyu mugabo avuga ko bwateje ikibazo mu rugo rwabo.

Uyu mugore ashinja Jamiu kumwita umukunzi we kandi atari we wamwambitse impeta bityo agasaba ko yahanwa nubwo Jamiu ahakana ibyo aregwa byose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umwe mu bahanzi bakizamuka mu muziki nyarwanda yasohoye indirimbo yakoranye n’umuhanzi ukomoka muri Gabon

Bikomeje kuba urwenya, Juno Kizigenza na Khalfan bananiwe kuvuga umuminisitiri bwibura umwe wa hano mu Rwanda