in

Umugabo yatawe mu wa Kajwiga azira ubujuru

 

Umugabo ubarizwa mu mujyi wa Musanze yibye umugenzi bari kumwe mu modoka amafaranga maze ayivamo ariruka gusa ntibyamuhiriye kuko abaturage bamwirutse inyuma baramufata.

Uyu mugabo yari yibye umudamu bari bicaranye mu modoka amafaranga angana n’ibuhumbi ijana na mirongo inani n’icyenda (189) by’amafaranga y’u Rwanda maze ava mu modoka ariruka maze abaturage nabo bamwirukaho yagerageje kubarwanya ariko arushwa imbaraga n’abaturage bitewe n’ubwinshi bwabo.
Uyu mugabo kandi ngo ntago ari muto dore ko afite imyaka 43 yose y’amavuko.

Byamenyekanye ko uyu mugabo kavukire ye ari mu mujyi wa Kigali mu Murenge wa Kimisagara.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuyobozi w’ishuri yatawe muri yombi

Ntibagitinya n’inzu z’Imana; Abajura bakimaze bifashe biba urusengero rusengeramo amatorero atatu, barusiga iheruheru (AMAFOTO)