in

Umugabo yakunze abakobwa bane icyarimwe ||ibyo yakoze kumunsi w’ubukwe bwe biratangaje.

Umugabo w’umucuruzi yakoze agashya ubwo yakundaga abakobwa bane icyarimwe maze yajya gukora ubukwe ,akabura amahitamo akababarongora bose.

Umucuruzi uzwi ku izina rya Mesmine Abessole “Kether De Bonagere” yashakanye n’abagore bane icyarimwe i Gabon kuko yaburaha amahitamo uwo yagitra umugore ari umwe, abakobwa bose uko ari 4 baramukundaga cyane nawe akabakunda, aza kubaha igitekerezo ko yabuze amahitamo y’umwe yakorana nawe ubukwe, nabo bumva ko nta kibazo bakorana ubukwe.

Mesmine Abessole yashakanye n’abagore 4 aribo: Madeleine Nguema, Prisca Nguema, Nicole Mboungou na Carene Sylvana Aboghet, mu birori byabereye i Libreville, muri Gabon ku wa Gatandatu, 31 Nyakanga 2021.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Abasore n’inkumi bafashwe bari mu birori hahiye koko

Dore uko Chérie wa Arthur Nkusi yamusubije nyuma yuko Arthur amubwiye ko ariwe mugore akeneye