in

Umugabo ni uyu: Umusore yagiye gusaba umugeni aherekejwe n’indege ebyiri za rutura (Amafoto)

Muri Kenya hari kuvugwa inkuru y’umugabo ukomoka mu bwoko bw’aba Kikuyu wagiye gusaba umukunzi we aherekejwe n’indege ebyiri za Kajugujugu.

Uyu mugabo witwa John Cena yakoze ibi ubwo yari agiye gukwa umukunzi we utuye ahitwa Kagio, Kirinyaga, muri Kenya.

Ubwo izi ndege zageraga kwa sebukwe zalandinze mu kibuga cyiri aho maze ivumbi riratumuka nuko maze babasasira itapi itukura banyiraho binjira kwa sebukwe.

Mu birori umukobwa, John yari agiye gusaba yari yicaye ku ntebe nk’uyumwamikazi yambaye n’imyambaro myiza.

Abatuye muri ako gace bacitse ururondogoro nyuma yo kubona ibyo John yakoze aje gusaba umugeni.

AMAFOTO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru itari nziza ku mukinnyi w’Ubudage na Bayern Munich watangaje ko arembejwe na Kanseri

Abahanzi bo muri Africa muri Qatar mu gikombe cy’isi bagiye kuzahagira akarima kabo bazidagaduramo