in

Umufana abwiye Bijoux amagambo ababaje abakoresha Twitter

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Munezero Aline uzwi nka Bijoux wamamaye muri filime ya bamenya yagize isabukuru y’amavuko,nk’uko yabigaragaje Ku mbuga ze nkoranyambaga.

Nk’uko hari abantu bakunda gutanga ibitekerezo,hari umufana wahise yifuriza Bijoux isabukuru nziza ariko abikora mu buryo bwababaje abakunzi b’uyu mukinnyi WA filime.Uwitwa Ornella Mwiza yahise ashyiraho amafoto abiri ya Bijoux arenzaho amagambo yo kuumucyurira KO yatandukannye n’umugabo we, maze arongera ati:” ukomeze utandukane n’abagabo n’abagabo benshi nicyo tukwifurije umwamikazi wa za gatanya Aline Bijoux”

Aya magambo y’uyu mukobwa yakiriwe nabi n’abafana ba Bijoux maze batangira kumwibazaho babaza uwo ari we utinyuka gusebya umuntu,akamucyurira Ku mbuga nkoranyambaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore wapangaga ubukwe muri 2026 azengerejwe n’umukobwa yambitse impeta ngo amurongore

Manchester United yasheshe amasezerano y’ubufatanye na Team Viewers